Ntimukibeshye ku mugambi wabo wo guhungabanya u Rwanda – Perezida w’Ishyaka, Vincent Biruta

Perezida w’Ishyaka P.S.D akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta ubwo yari mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe abatutsi cyateguwe na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yagaragaje ko kuba hari abanyamakuru biganjemo ab’i Burayi barenga 50 bishyize hamwe mu mugambi mubisha bise ‘Forbidden Stories’ ugamije gusebya igihugu, biterwa n’ibintu bitandukanye birimo guhungabanya ituze riri mu Rwanda n’ipfunwe ry’uruhare ibihugu byabo byagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi.

“Aba bose mujya mwumva ngo barashaka kuzahungabanya ubutegetsi bw’u Rwanda bahindure Leta, ikintu bibeshyaho cyane ni ukwibwira ko u Rwanda rujegajega.” Dr. Vincent Biruta

Kurikira ubutumwa bwose hano: Ntimukibeshye ku mugambi wabo wo guhungabanya u Rwanda – Perezida w’Ishyaka, Dr. Vincent Biruta – YouTube

 

ICYO GUVERINOMA IVUGA KU BIREGO BYO GUCECEKESHA ITANGAZAMAKURU

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Scroll to Top