Inama ya Biro Politiki y’Ishyaka P.S.D yo kuwa 19/5/2024
Kuri iki Cyumweru tariki 19/5/2024 hateranye inama ya Biro Politiki y’Ishyaka PSD. Zimwe mu ngingo zagarutsweho harimo kuganira ku […]
Kuri iki Cyumweru tariki 19/5/2024 hateranye inama ya Biro Politiki y’Ishyaka PSD. Zimwe mu ngingo zagarutsweho harimo kuganira ku […]
Ku itariki ya 20 Mata 2024, Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki ryatanze Icyemezo cy’Amahugurwa ku basore n’inkumi 83 basoje
Ubutumwa bw’ishyaka P.S.D bujyanye no kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.
Kuri iki Cyumweru tariki ya 24/03/2024, Abayoboke b’Ishyaka PSD bateraniye muri Kongere ya 2 idasanzwe y’Ishyaka. Perezida w’Ishyaka PSD,
Tariki ya 21 Werurwe 2024, ku cyicaro cy’Ihuriro, kiri mu Karere ka Gasabo, mu Mujyi wa Kigali, Inama Rusange y’Ihuriro
Honorable-Depite Dr. Ngabitsinze Jean Chrysostome, ni umwe mu badepite bashya baherutse kwinjira mu nteko ishinga amategeko, umutwe w’abadepite. Ni umwe
Kuri uyu wa 19 Nzeli, mu cyumba cy’inteko ishinga amategeko habereye umuhango wo kurahiza abadepite 80 bashya barimo 5 bahagarariye
Abakandida- Depite b’Ishyaka riharanira Demokarasi n’Imibereho myiza, PSD, bijeje abaturage ko nibabagirira icyizere bakabatorera kujya mu Nteko Ishinga Amategeko Umutwe
Kuri iki cyumweru ishyaka PSD ryamamaje abakandida depite mu Karere ka Huye kuri stade ya Kamena ahari abaturage baturutse mu
Ishyaka riharanira demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage –PSD, ubwo ryekerekanaga abakandida depite baryo mu karere ka Huye, ryijeje abaturage kugira uruhare